Uri icyifuzo cy’umutima gikomeye yeee Ntacyanshengura nko kwibagirwa uwo nkunda Najyaga numva ko wahindutse, ko aho wagiye wahiriwe Bafite amafaranga ariko nta mutima Kuva kera nkiri muto mama yambwiye ko Ngo «urukundo ntiruhusha numubona uzamumenya» Ntawamusimburaa… ntawamusimbura… Ntawamusimburaa… ntawamusimbura… Ibyo uha agaciro uyu munsi Nuko ari byo ubasha kubona Bikagukingiriza umutima Urabe maso gasaro natoye Wirukira ugusiga ugasiga ugusanga Ntugakinishe umutima w’undi Kuko aba afite uwamukunda Igihe kizaza atwarwe n’abandi batari wowe Wowe… wowe… Ntacyanshengura nko kwibagirwa uwo nkunda Najyaga numva ko wahindutse Ko aho wagiye wahiriwe Bafite amafaranga ariko nta mutima Kuva kera nkiri muto mama yambwiye ko Ngo «urukundo ntiruhusha numubona uzamumenya» Ntawamusimburaa… ntawamusimbura… Ntawamusimburaa… ntawamusimbura… Ntawamusimburaa… ntawamusimbura… Ntawamusimburaa… ntawamusimbura…